Love S2E10

 

LOVE'S LIES
Season 02
Episode 10
Writer @Edouard Safari
Whatsapp +255759114520
Web Eddyseries4all.blogspot.com
___________________________________
Episode 9 Yarangiye Aline afashwe nuwari yamushimutiye umwana ,
Yvan na Nikita bo bari bamaze gusubiza hamwe mbese Na Nikita yemeye gufasha Yvan kurwanya abamwangirije ubuzima.
Ese byagenze bite ??
REKA DUKOMEZE...
.
.
.
.
Dutangiriye Kwirimbi,
Yvan turamubokna kwirimbi imbere y'Imva ye n'Izabacuti be (Mubibuke ba Tokyo,Istamburg,... Cyagihe Haturika nabo bagiriyemo),
Yvan yashizeho indabo arangije ati"Nshuti zanjye mumbabarire ninge wabazanye mukazi kabatwara ubuzima,mumbabarire !
Kubasaba imbabazi ntabwo byagarura byinshi mwabuze ariko ndabasezeranya ko buri wese wagize uruhare murupfu rwanyu agomba kubiryozwa kandi vuba !!"
Amaze kurahira ntakindi yakoze ahubwo yahise asubizaho Lunette ze yurira imodoka aragenda....🚗
Munzira agenda Nikita yaramuhamagaye ati"Igipimo Kiri mubwongereza ubu tuvugana"
Yvan"Ibyangombwa bimeze bite ?"
Nikita"Byose byatunganye ahubwo reka nabyo mbikwoherereze"
Yvan "Sawa !"
Ahita azinga imodoka yerekeza kukibuga cy'Indege ✈ tayali kwerekeza mubwongereza !!!
ESE IGIPIMO NINDE ?
.
..
.
.
Tuze Kuri Aline,
Turi kumubona ahantu hamwe atari no muri Sallon de beaute bari kumukoraho rikaka neza nkugiye gukora ubukwe cyane ko ariwe bakunze gukorera make up cyane !
ESE AGIYE GUKORA IKI ?
Kurundi ruhande Turabona Cedric wiyamamariza kuba president convoy ye iri kwerekeza muri Stade  ahasanga abafans b'Ishyaka rye bamutegereje ndetse n'Abamenyesha makuru .
Imodoka zabanje kwinjira indani avamo aza mucyumba kimwe yakaze ati"Nanubu ntabwo murarangiza ?"
Kumbe aho yinjiye ni muri cyacyumba barimo gukoreramo Aline,
Ukuriye abakozi ati"Nyakubahwa turarangije "
Cedric"Ngaho nyarutsa aba fans baradutegereje"
.
..
.
.
Yvan we bamwohereje byangombwa yahise aza kubanza kubisohoza cyane ko Kukibuga cy'Indege baba babikeneye bifatika apana muburyo bwa Electronique,
Barabimukoreye arangije arasohoka yatsa imodoka aragenda,
Akigenda ubimukoreye yahise afata Phone ahamagara ati" Project 1 Arigaragaje mugisagara yerekeje kukibuga cy'Indege Agiye mubwongereza"
Phone"mukurikire natwe turaje !"
ESE NI BANDE AHAMAGAYE ?
BABA ARI HSA?
.
..
.
.
Kuri stade Cedric Yarinjiye nkumutegetsi gusa igitangaje binjiranye na Aline neza neza yambaye nka First lady 😳
Barinjiye baricara Gusa abari aho bose barikanga bibaza uwo bazi nkumunyabyaha uri muri gereza !!!
Bamukomeye amashyi arangize afata umwanya ati"Ndabasuhuza mwese banyeshaka 👋.
Mfashe aka kanya mbashimire kuba mwageze hano .
Impamvu yuyu musi nagirango mbahumurize mbabwira ko uwashatse kunyica ariwe wuwo muri kubona Inyuma yanjye kuri screen yitwa Yvan, yahoze ari umukozi wa Company yanjye yaje kunyereza imitungo birangira ari muri gereza.Rero kuva yafungurwa arimo kumpiga ariko nababwira nti mutuze kuko ntacyo yankora ahubwo ubu tuvugana arimo guhirwa mugihugu hose Kandi ntaho ari bucikire"
.
..
.
.
Uko ibyo byose biba ninako biri guca kuri Tv zose zigihugu ndetse nizo kumihanda yewe no kukibuga cy'Indege biri kuhaca!!
Yvan arimo yinjira kumuryango Nawe yarabibonye ahita yambara inkofera akomezamo indani !
Gusa agenda yariketse ko hari uwamukurikiye ariko akomeza kugenda(Mwibuke umwe wamusohirera passport ) .
Yicaye Aho barindirira ko isaha igera binjire mundege aba areba kuri Tv uko Cedric yivuga !
Cedric kuri Tv umumenyeshamakuru yarabajije ati"Uwo mukobwa mwagendanye ko duheruka bamukatira umunyororo wa burundu byagenze gute ngo mube kumwe nawe ?"
Cedric arasubiza ati"Impamvu twagendanye kwari ukugira mbagaragarize ukuri ko umugore wanjye atigeze yica narimwe ahubwo byose byari byarahimbwe na Yvan wari waje yiyita izina ryanje kugira abashe kwiba company"
Bose barikanze Yvan aho ari umujinya uramurya afunga igipfunsi ashaka guhaguruka ngo ahite yerekezayo ariko mugutwi Nikita ahita avuga ati"Yvan icunge wakurikiwe ,hari imodoka zijemo abantu ntari namenya zije kukibuga cy'Indege . Wibuke ko ifoto yawe yamaze kugaragazwa hanze ko uri umwicanyi ubu uri guhirwa !"
Yvan ahindukiza Amaso abona koko hari abarimo kumurunga intoki bongorerana .
Ahita ahaguruka yihuse yerekeza mubwiherero arinako Anna na team bahagera wamusore wamukurikiranye ati"Yerekeje indani muri toilette"
Bahise bavanayo imbunda bategerera hanze ya Toilette !!
.
..
.
.
Tuze  mubwongereza aho Yvan yashaka kujya,
Turabona Jimmy arimo kwakirwa neza muri Hotel,
Agendana n'Umugore we ,umwana ndetse nabakozi bo munzu anafite n'Abasirikare bamurinda!!
Bamaze kumwakira yaricaye maze yatsa Tv ngo arebe amakuru 😳😦 atungurwa no kubona Cedric ari kuri Tv mbese arimo avuga kuri Yvan kandi azi neza ko bamwishe !!!!
Ubwoba bwahise bumwinjira ahita afata phone agira aho ahamagara 📞📞
.
..
.
.
Kukibuga cy'Indege Indege Yagombaga kugendamo Yvan yaragurutse iragenda,
Mugihe Yvan we yiyugaraniye muri toilette ,
Yvan gusohoka bahise bazimutunga amanika amaboko yisabira ko batamurasa n ubwoba bwinshi.
Anna yarebye uko afite ubwo arangije aramwegera amufata kwisura isura ivaho !!
Kumbe nundi mujangweri wari wambaye mask isa n'Isura ya Yvan !!
Mugihe mundege imaze gufata ikirere tubona Yvan wanyawe yiyicariye mukibanza cye ntanawasi wasi nimwe afite !!
Anna yarikanze ati"Wowe urinde ?"
ESE BYAGENZE BITE ?
Cyagihe Ubwo Yava gusohoza ibyangombwa asohoka yabonye uwabimukoreye ahita afata phone yihuse arangije munzira hari uwamusabye lift arayimuha,
Mumodoka bagenda bageze kuri supermarket araparika arangije ati"Musore ndashaka ko unkorera akazi"
Amubwira uko plan yose arangije asohoka mumodoka yinjira supermarket agura imyenda isa neza niyo yambaye n'Igikapu nkicyo afite aragaruka...
yinjiye imodoka arangije abwira wamusore kwambara Nkawe maze barakomeza.
Bageze kukibuga cy'Indege hasohotse uwa fake maxe uwamukurikiye aba ariwe akurikira maze Yvan orginal yigumira mumodoka aza gusohoka bamukurikiye muri toilette akomeza mundege yemye atanikibazo !!!
Nuko byagenze abacika uko.
Anna akibyumva yahise ahamagara kuri headquarter abasaba ko bamenyesha aba Agents babo bo mubwongereza bamutegere!!!.....LOADING EP 11
.
.
ESE BIRAHERERA HE ?
utaza gucikwa na Ep11 Uyu musi 31/12/23 Isaha 7:pm Dusoze umwaka neza

Comments